in

“Ndabazi bashobora kumara n’imyaka 2 batarayabona” Hakizimana Muhadjiri akanze ahababaza Rayon Sports ayisigira umusonga

Rutahizamu Hakizimana Muhadjir wari mu muryango winjira muri Rayon Sports, yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri Police FC.

Ibi byabaye nyuma y’uko Rayon Sports yashakaga kwishyura uyu rutahizamu Hakizimana Muhadjiri mu byiciro bibiri ari akabyanga.

Abegereye uyu mukinnyi yababwiye ko atakwemera kwishyurwa mu byiciro bibiri kuko Rayon Sports ayizi bishobora kumara n’imyaka 2 atarayabona.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Kylian Mbappe ntabwo yitabiriye imyitozo y’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa iri kwitegura imikino ya Euro 2024

Nyabugogo habereye impanuka iteye ubwoba aho Howo yahitanye moto yarihetse umubyeyi uhetse umwana -Amafoto