in

Nawe yarariyo afashe iry’iburyo! Miss Nyambo yasutse amarangamutima ku ikipe akunda cyane ubwo yari iri kotswa igitutu hafi kujya mu kibuga -AMAFOTO

Kuri uyu munsi nibwo ikipe ya APR FC yari yakiriye ikipe yo mu Misiri izwi kw’izina rya Pyramid FC mu mukino y’ijonjora ry’igikombe CA CAF Champions league.

Ni umukino wabereye kuri Sitade Kigali Pele Stadium maze uza kurangiye amakipe yombi agiye miswi ubusa ku busa.

Bamwe mu bafana ba APR FC bari baje gushyigikira ikipe yabo hagaragayemo umukinnyi wa filime z’uruhererekane hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Miss Nyambo Jesca ubona ko ashyigikiye ikipe ye cyane.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ijisho ryahindutse VAR! Abafana ba APR FC bifashishije amaso yabo nka (VAR) banga kwemera uburyo ki bibwemo igitego kandi bari bari bakibariye – Nawe reba amashusho utubwire

Huye: Habereye impanuka iteye ubwoba yahitanye uruhinja rw’imyaka 2 rwari kumwe na nyina bavuye gushyingura