in

” Narayiriye…” adaciye ku ruhande umunyamakuru Uncle Austin avuze ibyo yakoreye Power Fm

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko yagurishije radio Power FM byavuzwe ko yari iye.

Ni mukiganiro Uncle Austin yagiranye n’abamukurikira kuri Instagram.

Uncle Austin mu kiganiro mbaza nkusubize yabajijwe ati “Nabonye bavuga ko watandukanye na power fm kandi tuziko ari iyawe, bimeze bite?”

Uncle Austin yahise avuga ko yayigurishije , ati ” narayiriye.ipirawu si ikintu’

.Uyu munyamakuru kandi yakomeje avuga ko yari yaragiye mu kiruhuko cy’amezi atatu adakora kuri radio ko atari ukuva mu itangazamakuru avuga ko bakunzi be bagomba kumwitega kuko agiye kongera kumvukana kuri radio nubwo atavuze iyo ariyo.

Hari hashize iminsi bivugwa ko uyu munyamakuru yagurishije imigabane yose yari afite muri iyi Radio aherutse guzeraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rocky Kimomo we noneho bamukabirije,aratangaje cyane pe.

Umugore yishe umugabo we akoresheje ikimene k’icupa nyuma yo gufatwa asambana n’undi mugabo