Umukobwa usanzwe ukorera massage abagabo, yatanze ubuhamya bw’ukuntu yaryamanye n’umugabo yari amaze gukorera massage amwishyura agatubutse.
Uyu mukobwa witwa Solange yavuze ko kugira ngo bataryamana n’abagabo bamaze gukorera massage babaca amafaranga menshi kugira ngo babananize.
Gusa yavuze ko hari umwe mu bagabo yari amaze gukorera massage maze amusabye ko baryamana, amuca amafaranga menshi ibihumbi 100Frw kugira ngo amunanize, gusa uyu mugabo yamwemereye kumuha ibihumbi 50 Frw maze bararyamana.
Reba videwo aho hasi: