in

“Nanjye ndabitegereje” Papa Sava yabajijwe ku mupasiteri wamuhanuriye ko azarongora Mama Sava bakinana muri filime – Amashusho

Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava, Seburikoko, Sekaganda muri Sinema Nyarwanda ubwo yari mu kiganiro Urubuga rw’Imikino kuri Radio Rwanda, yabajijwe ku mupasiteri wamuhanuriye ko azarongora Mama Sava bakinana muri filime.

“Njye mperuka mu rusengero mu 1995. Muzajye kubaza Mama Sava n’uwo mupasiteri. Nanjye ndabitegereje.”

Sibyo gusa kuko Papa Sava yaje gutanga ko yigeze kujya akina imikino itandukanye, harimo nko kwiruka na Handball.

Ati “Nirukaga marathon ariko nza kubivamo ngiye mu buhanzi. Nanakinnye Handball ariko mbura imbaraga.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sabin ukwiye kumara iminsi 468 wiyiriza utanoga” Murungi Sabin yatewe ubwoba ko hari ugiye kwicwa iwe

Urutonde rw’abakinnyi 11 umutoza wa Rayon Sports yahisemo bagiye kwesurana na Bugesera FC