in

“Namukunze ntazi ko ameze gutya” Ya couple benshi baciye intege yahishuye byinshi ku buzima bwabo (video)

Couple ya Felix na Aline benshi bagiye batega iminsi ko batazabyara kubera uburwayi bwa Aline bwa mufasha ubwo yari muto.

Ku myaka 12 Uwase Aline yahuye n’ikibazo cyo kumva ntambaraga ziri mu maguru ye byatumye umuryango we ufata iya mbere ujya ku muvuza, Gusa indwara irabura kugeza naho berekeje Nairobi naho birananirana.

Uburwayi bwa Aline bwaje kumuviramo ubumuga kugeza naho atangiye kugendera mu igare kubera yumva ntambara ziri mu maguru ye kandi yaba kwa muganga babuze indwara neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lick lick yagarutse mu Rwanda aje gutabara Meddy

Breaking news: Moussa Camara warutegerejwe n’abafana benshi ba Rayon sport yageze i Kigali (amafoto)