in

N’Amavubi yaba ahuye n’ibibazo bikomeye! Wa mutoza wari waragizwe igitangaza ndetse yifuzwa no mu Amavubi harabura gato ngo afatane mu ijosi n’umukinnyi we kubera agasuzuguro

N’Amavubi yaba ahuye n’ibibazo bikomeye! Wa mutoza wari waragizwe igitangaza ndetse yifuzwa no mu Amavubi harabura gato ngo afatane mu ijosi n’umukinnyi we kubera agasuzuguro

Ikipe ya Mukuru Victory Sports imaze iminsi itarimo kwitwara neza abafana bakabishinja umutoza wayo ntabwo hagati y’abakinnyi n’umutoza bimeze neza dore ko batari kumvikana nkuko byahoze.

Afhamia Lotfi, ukomoka mu gihugu cya Tunisia ntabwo ameranye neza n’umukinnyi witwa Bukuru Christopher, bivugwa ko ngo uyu mutoza yamusuzuguye bikomeye ndetse agashaka ko n’umushahara we bawukata ibintu umukinnyi yanze yivuye inyuma.

Nubwo uyu mutoza atarimo kumvikana n’uyu mukinnyi binavugwa ko abakinnyi benshi ba Mukuru Victory Sports batarimo kumukunda kubera ko ngo hari bamwe mu bakinnyi abwira nabi ndetse akanabasuzugura bikomeye nubwo bitari bisanzwe umwaka ushize byari bimeze neza.

Afhamia Lotfi hari amakuru yavugwaga ko arimo gutekerezwa mu Amavubi ariko ibikomeje kumuvugwaho ntabwo bimeze neza ku buryo benshi bamwitegaho umusaruro nubwo benshi bamufataga nk’umutoza uhindura ibintu mu kibuga kubera ubuhanga amaze umwaka yerekanye.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali umumotari yakubiswe n’abagizi banabi bigera aho akuka amenyo atandatu -IFOTO

Munezero Valentine wari umaze iminsi micye yerekeje muri Tuniziya mu ikipe ya SFAX VOLLEYBALL CLUB yamaze kugaruka mu Rwanda