in ,

Nakumiro!! Mukarere Ka Bugesera Inka Zimaze Iminsi 3 Zifunze. Menya Icyo Zizira

Ubundi hamenyerewe ko abantu aribo bafungwa bazira ibyaha bitandukanye gusa kuriyi nshuro haravugwa inkuru y’inka zifungiwe mukarere ka Bugesera, umurenge wa Rilima nkuko byatangajwe ku rubuga rwa twitter y’uwitwa Rameck Gisanintwari.

Abinyujije kuri kurubuga rwa twitter, Rameck yatabarije izi nka avugako zimaze iminsi igera kuri 3 zitarisha aho zifungiye mu isoko ry’umurenge wa Rilima zizira kuba zaronnye ibyatsi byahari kubakwa ikibuga cy’indege mukarere ka Bugesera. Kugirango inka ifungurwe, nyirayo akaba asabwa gutanga ibihumbi ijana na mirongo itanu (150.000Frw).

Inka Zimaze iminsi 3 zifunze kubera kona ahubakwa ikibuga cy’indenge

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Umusore wahuye n’ikibazo agenda ahinduka nk’igiti (Amafoto)

Ngaba abanyamakuru bakunzwe cyane mu myidagaduro mu Rwanda.