in

“Nagize ubwoba twaravuganye”-Massamba Intore yahishuye ibyo yavuganye na Buravan burya bafitanye isano

Intore Massamba wubatse izina mu njyana gakondo ndetse akaba ari muri bamwe bakora zimwe mu ndirimbo zifashishwa mu mihango y’ubukwe.

Mu kiganiro yagiranye na chita yahishuye ko mu muryango wabo bagize ibyago byo kubura mubyara we Yvan Buravan ndetse benshi ntabyo bari bazi ko afitanye isano n’umuryango wa Sentore.

Mu bihe byo kurwara Massamba yavuze ko ubwo indwara yatangiraga kumufata yamuhamagaye ,ndetse akaza kujya mu bitaro nyuma akavamo bikarangira yerekeje mu buhinde.

Massamba yagarutse k’ubuhanga ndetse n’impano idasanzwe yabonye kuri Yvan Buravan ,ndetse  yiganaga n’indirimbo zikomeye zafashe igihe Intore Massamba kugirango azimenye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Aurore Mutesi yibutse umubyeyi we witabye Imana

“Yampaye ururabo” – Anita Pendo yahishuye urwibutso yasigiwe na Yvan Buravan ndetse na Yanga (video)