in

Nadia wakundanaga n’umuhanzi AKA yagaragaje ubutumwa bwa nyuma bandikiranye mbere y’uko bamurasa agapfa

Umuraperi w’umunya South Africa, Nadia Nakai, n’ubu aracyashengurwa n’urupfu rw’uwari umukunzi we, AKA witabye Imana arashwe, ibintu byababaje abantu benshi ku isi.

Mu butumwa yasangije abamukurikira, yagaragaje ubutumwa bwa nyuma yagiranye n’umukunzi we kuri WhatsApp mu ijoro AKA yapfuyemo.

Muri ubwo butumwa buri umwe yifurizaga undi ibyiza mu gihe barimo bitegura ibirori bose bari bagiye kwitabira. Icyo gihe Nadia yasabaga AKA ko yamuririmbira nyamara ntibyabashije gukunda kuko iryo joro ari ryo yishwemo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Sitade ya Kigali Pele Stadium mu isura nshya – AMAFOTO

Umukinnyi w’inkingi ya mwamba muri Rayon Sports ageze kure ibiganiro n’ikipe yo muri Turkey ishobora kuzamutangaho miliyoni 200