in

Nadia Mukami na Arrow Bwoy urukundo rwabo rwongeye kuvaza ubuhuha

Mu ntangiriro z’Ukuboza 2022 Nadia Mukami icyamamare cyo muri Kenya yatangaje ko yatandukanye na Arrow Bwoy.

Nubwo Nadia yabitangaje, ariko abafana bashinje aba bahanzi guhimba inkuru yo gutandukana kwabo kugira ngo bamenyekanishe ubucuruzi bushya bwa Nadia n’indirimbo ye nshya yari agiye gusohora.

Kuri tariki ya 21 Ukuboza 2022, The African Pop Star yatangaje ko Nadia yatangije ubucuruzi bushya aribwo Nadia’s Nail Bar hamwe na Beauty Parlor. 

Nyuma y’ iminsi mike yahise anasohora indirimbo nshya.Ibyo byabaye mu gihe hari hashize amezi umunani adashora indirimbo.Ibi bikorwa byose bikaba byarabaye nyuma y’uko hatangajwe ko batandukanye. 

Ubwo Arrow Bwoy yari akimara gutwara ibihembo by’umuhanzi mwiza mu minsi ishize, yatangaje amagambo yatumye abakunzi ba muzika bongera gutekereza ku mubano we na Nadia.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwahahamuye Haringingo Francis Christian mbere y’uko bacakirana na Kiyovu Sports, dore ijambo rikomeye Perezida yabwiye umutoza rikamukura umutima

Amakuru yihutirwa; Nonaha i Rubavu police irashe umuntu ukekwaho kwiba terefone akanashaka kwica uwo yibye