in

Nabo bagiye kongera kugaruka mu bihe byiza: Hamenyekanye inkuru nziza cyane ku bakunzi ba Liverpool FC

Ikipe ya Liverpool FC yo mu gihugu cy’u Bwongereza ishobora kuba igiye kongera kugaruka mu bihe byabo byiza nyuma y’uko igize umwaka utari mwiza w’imikino.

Liverpool FC imaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi ukomeye cyane witwa Dominik Szoboszlai ukomoka mu gihugu cya Hongrie ufite imyaka 22 y’amavuko akaba ari umusore ukina hagati mu kibuga asatira izamu akaba yari umukinnyi wa RB Leipzig yo mu gihugu cy’u Budage.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Harya ngo mwaragororotse: Irebere umugabo ukoresha ibidasanzwe ukuboko kwe maze nawe ubashe kumirwa (Amashusho)

Yacurishije indege yo ku butaka! Meddy Saleh usanzwe utunganya amashusho y’indirimbo mu Rwanda yongeye kugaragaza ko ariwe ufite imodoka ikanganye i kigali