in

Myugariro wa Rayon Sports Ndizeye Samuel yavuze ba rutahizamu 2 bamubiza icyuya kurusha abandi hano mu Rwanda

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Ndizeye Samuel yavuze ba rutahizamu 2 bamwahagiza iyo ikipe ye iri guhangana b’amakipe basanzwe bakinamo.

Uyu musore yavuze ko rutahizamu wa mbere umubiza icyuya ngo ni Hussein Tchabalala wa AS Kigali, uwa kabiri ni Bizimana Yannick ukinira ikipe ya APR FC.

Yagize ati “Ba myugariro benshi batinya umukinnyi utaguma hamwe. Mu Rwanda rero rutahizamu nk’uwo ni Hussein Tchabalala, undi ni Bizimana Yannick ariko we si cyane kuko ingano ye itamwemerera kwiruka ngo agusige.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubutwari buracyabaho! Abagabo bishyize mu kangaratete bajya gutabara abana bendaga gutwarwa n’amazi(Amashusho)

“Niba uri umuhanzi ukaba udatunze Rand Rover ntukamvugishe” Harmonize yihenuye ku bahanzi bo mu karere badatunze Rand Rover kandi umwana we ayitunze