in

Myugariro ukomeye wa Rayon Sports ari mu mayira abiri aho umwanzuro wanyuma ari uwe

Myugariro ukomeye wa Rayon Sports, Nizigiyimana Karim Mackenzie yatangije ko ashobora kuva muri Rayon Sports cyangwa akayigumamo, gusa ariko ngo kuguma muri Rayon Sports bikubiye gake.

Mckenzie aganira na Flash Fm mu kiganiro cy’imikino, yavuze ko hari andi makipe ari kumuganiriza gusa ariko ashobora no kongera amasezerano muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru.

Bivugwa ko Mckenzie yaba ari mu biganiro n’ikipe ya Gasogi United iyoborwa na KNC, aho ibiganiro bigikomeje ku mpande zombi.

Hari andi makuru avuga ko uyu mugabo uturaka mu gihugu cy’u Burundi ko ari gushaka ikipe nshya hanze y’u Rwanda.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ijambo rya nyuma Sadio #Mané yabwiye abafana ba #Liverpool

Yabaye icyuki kurusha mbere! Amafoto 10 agaragaza ubwiza bwa Miss Uwase Muyango nyuma yuko yibarutse imfura ye