in

Mwitegure kugura ikiro k’ibirayi ku 2000 frw kuko ibintu byakaze

Mu mateka y’urwanda, mu Rwanda hatangiye kujya hagwa urubura rurengeje urugero ugereranyije n’ibindi bihe byose.

Ikibabaje cyane nuko ruri kugwa rukangiza imyaka y’abaturage mu duce dutandukanye tw’igihugu.

Muri Musanze haguye urubura rwinshi cyane rwangiza ibihingwa by’iganjemo ibirayi, ibyo rero bishobora gutuma ibiciro bihindagurika ku masoko.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Huye: Inkuru y’inshamugongo umugore yiyiciye umugabo amuteye icyuma ahantu habi cyane

Barihariye! Menya ibanga abakobwa bafite iminwa yo hejuru ibyibye(up lip) mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina