in

Mvukiyehe Juvenal wiguriye ikipe ye bwite bishobora kurangira gukora inshingano nk’umuyobozi wayo bidakunze kubera ibyo yikoreye aziko ahimana

Mvukiyehe Juvenal wiguriye ikipe ye bwite bishobora kurangira gukora inshingano nk’umuyobozi wayo bidakunze kubera ibyo yikoreye aziko ahimana

Kugeza ubu biravugwa ko Mvukiyehe Juvenal agiye kujyanwa mu RIB n’abasigaranye ikipe ya Kiyovu Sports nyuma yo kwimana Bus yari iyi kipe nubwo we avuga ko yari iya Kompanyi yayoboraga kandi bakaba barayiseshe.

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports Association bayobowe na Ndorimana Jean Francois Regis uzwi nka General, biravugwa ko impapuro zo kurega Mvukiyehe Juvenal zamaze gutegurwa igisigaye ari uko habaho ihererekanya bubasha akabaha byose atabaha Busi bagahita bamurega byihuse.

Mvukiyehe Juvenal yaguze ikipe ye yari Rugende FC ayihindurira izina ubu yitwa Addax SC ndetse ngo afite gahunda yo kutarenza uyu mwaka iyi kipe ye igikina icyiciro cya kabiri.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe igiye kugira imbagwa 2! Ikipe ikomeye hano mu Rwanda igiye kugira abakinnyi babiri babazwe kubera ibibazo by’imvune

Rutahizamu wari ufite akazoza muri Rayon Sports yayiteye umugongo kuko yamaze gufata rutemikirere yerekeza i Burayi