in

Mvukiyehe Juvenal uheruka kugura ikipe ye bwite izina agiye kuyita ishobobora kuzaza mu yindi sura benshi batari biteze

Mvukiyehe Juvenal uheruka kugura ikipe ye bwite izina agiye kuyita ishobobora kuzaza mu yindi sura benshi batari biteze

Hashize iminsi ibiri bivuzwe ko Mvukiyehe Juvenal wayoboraga Kiyovu Sports yamaze kurangizanya n’ikipe ya Rugende FC kugirango ayigure burundu nawe yitandukanye n’intambara yari arimo kubera ikipe itari iye.

Byavuzwe ko ikipe ya Rugende FC nimara kugurwa na Mvukiyehe Juvenal izahita ihindura izina. Amakuru YEGOB ikesha Radio Rwanda avuga ko Mvukiyehe Juvenal yayitangarije ko izina arimo gutekereza rya mbere ngo azayita ni “Dragon United”.

Iri zina Mvukiyehe Juvenal ngo azayita ni ukugirango rizabe rikanganye cyane ndetse binavugwa ko hari abakinnyi ngo yamaze kubona agomba guhita azana kandi bazahita bafasha iyi kipe kuzamuka mu cyiciro cya mbere.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibibazo 6 abagabo n’abasore badakunda ko abagore babo bababaza

Abyiruye inkumi y’uburanga! Umukobwa wa Big Fizzo yabyaranye n’umunyarwandakazi yagize isabukuru y’amavuko maze ashyira hanze amafoto yerekana uburanga bwe (AMAFOTO)