in

Muze twigishe umwana wacu wananiranye uko bambuka umuhanda mu mujyi wa kigali! Mu butumwa buteye ubwoba Kiyovu Sports yakanze KNC abura ayo acira nayo ampira

Muze twigishe umwana wacu wananiranye uko bambuka umuhanda mu mujyi wa kigali! Mu butumwa buteye ubwoba Kiyovu Sports yakanze KNC abura ayo acira nayo ampira

Ikipe ya Kiyovu Sports yari imaze iminsi itavuga yategereje amasaha macye ngo umukino ube, none ihaye ubutumwa KNC imaze igihe yivuga ibigwi.

Mu butumwa Kiyovu Sports yashyize ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ibunyujije kumbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko batumira abafana kuza gushyigikira ikipe yabo ubwo baraba bigisha Gasogi United kwambuka umuhanda.

Bagize bati” Bavandimwe bakunzi ba Kiyovu Sports, muze dushyigikire ikipe yacu dukunde saa 19h00. Twigishe umwana wacu wananiranye uko bambuka umuhanda mu mujyi wa kigali. Tumusubize ku ishuri, amashuri yatangiye, atazakumbura umujyi vuba 😄😄😄.”

Ubu butumwa buje bukurikiye ubwo KNC aheruka gutangaza avuga ko Kiyovu Sports imeze nko gufata NYIRAHUKU ugashaka kuyikubitira mu cyumba gifunze ngo no ku gukuramo amaso yayamaramo. Uyu mukino uteganyijwe saa Moya z’ijoro zo kuri uyu wa gatanu.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru ashyushye! Prince Kid ibye bikomeje kugorana mu rukiko

Nyaruguru mu bitaro bya Munini havukiye impanga zifatanye (IFOTO)