in

Musanze: Umugenzi yaguye muri gare ahita ahasiga ubuzima

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 28 Nyakanga 2023, umugabo witwa Twagirimana Théogène w’imyaka 37 wari uteze imodoka muri gare ya Musanze, yituye hasi mu buryo butunguranye ahita apfa.

Uwo mugabo akimara kwitura hasi, hitabajwe imodoka y’umutekano y’umurenge wa Muhoza bagerageje kumutabara ariko basanga yamaze gushiramo umwuka.

Umuvandimwe wa nyakwigendera bari kumwe witwa Birutakwinginga Marcel, yemeje ko ngo yari asanzwe arwaye, bigakekwa ko yasize uburwayi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bari banyotewe no kumva iyi nkuru: Hasohotse inkuru nziza cyane ku bantu bifuzaga gukorera impushya zo gutwara imodoka za “Automatique”

“Ni umukino urangira abakinnyi bose batsinzwe”: Umunyamakuru ukomeye cyane mu Rwanda yabajije abantu ikibazo maze cyizamura amarangamutima yabenshi