in

Musanze FC yahise ishyiramo ikinyuranyo hagati yayo na APR FC! Uko urukundo rwa shampiyona ruhagaze ku munsi wa 6 w’imikino

Ubwo APR FC yananirwaga kwikura imbere ya Bugesera FC bikanganya igitego 1-1, byatumye Musanze FC zari zinganya amanota mbere y’umukino, yo yatsinze maze ihita ishyiramo ikinyuranyo cy’amanota 2 hagati yayo na APR FC.

Musanze FC ni iya mbere ku rutonde rwa Shampiyona, ubu ifite amanota 13 igakurikirwa na APR FC ifite 11.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Mu bwenge undusha wongeremo kwirinda kuntuka kuko byo ntibyaguhira” Mutesi Scovia yiyamye umugabo wavuze ko yandika ibintu by’ubucucu nyuma yo kugira icyo avuga ku mwana wimwe umwanya we mu irerero rya Bayern Munich

Byari amarira n’agahinda ku muryango n’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ubwo basezeraga bwa nyuma kuri mugezi wabo uherutse kwitaba Imana (AMAFOTO)