in

Murumuna wa Fofo avuze ku ijoro rya mbere kuri Fofo na Daniel

Fofo wo muri filim Papa Sava uherutse gukora ubukwe n’umusore witwa Daniel ku cyumweru tariki ya 02 Ukwakira nibwo Fofo yasabwe nyuma arakobwa.

Ibyo byararangiye bajya gusezerana imbere y’Imana. Nyuma y’ubukwe murumuna wa Fofo yatangaje byinshi byabereye mu ijoro ry’ubukwe bwa Fofo na Daniel.

Uyu murumuna wa Fofo ari mu bakobwa bari bambariye umugeni, avuga ko abakobwa bari kumwe nawe batangariye imiterere ya murumuna wa Fofo yari afite.

Bavuze ko ashobora kuba arusha mukuru we icyibuno ibi yabivugiye kuri Dream Tv ikorera kuri YouTube.

Yavuze ko mu ijoro ry’ubukwe byari ibicika mu cyumba cya Fofo na Daniel, yavuze ko yumvise ibyo bintu atabibasha yagize ati “biriya bintu harimo accident” rero nta gahunda yo gushaka umugabo ateganya vuba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nange maze kubyemera “-Shaddyboo yigamye ko ariwe Mwamikazi bivugisha benshi hanze aha

Abakinnyi babiri b’ikipe iri guhatanira igikombe cya shampiyona mu Rwanda bakomeje kurebana ay’ingwe bapfa igitambaro cy’Ubukapiteni