in

Muri Congo naho imyuzure yahitanye abatari bake – AMAFOTO

Mu gihe mu bice by’intara y’Iburengerazuba n’Amajyaruguru y’u Rwanda, imvura yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gicurasi 2023, yahitanye abagera ku 130 ndetse isenya inzu zirenga 5100, muri DR Congo naho imyuzure yatewe n’imvura yahitanye abantu benshi.

Imvura nyinshi yaguye ku wa 04 Gicurasi 2023 muri Teritwari ya Kalehe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 70 bapfuye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyari byarahishwe biramenyekanye: Umuhanzi King James yatangaje igihe azerekanira umugeni utegerejwe na benshi

“Ndabona ku mutwe bitazoroha” Umuhanzi Chriss Eazy yagaragaye mu ishusho nshya yatumye abakunzi be bacika ururondogoro (amafoto)