in

Mukobwa! Zinduka usukura igitsina cyawe muri ubu buryo kugira ngo cyigumane umwimerere

Abakobwa n’abagore bibaza ukuntu basukura mu myamya ndangabitsina yabo mu gitondo, muri iyi nkuru tugiye kukwereka uburyo ushobora kuhasukura byoroshye.

Buri gitondo ugomba kozamo, uhoza mu buryo bworoheje bibaye byiza wakoresha intoki zawe.

Irinde gukoreshamo isabune isanzwe, abenshi bakoresha amasabune boga gusa biriya ntabwo ari byiza kuko bishobora kugutera indwara. Ibyiza ni uko wagura isabune yabugenewe.

Iyo nta bushobozi bwo kubona iyo isabune yabugenewe, ushobora gukoreshamo amazi gusa.

Ukimara koga mu myanya ndangagitsina ntukahasige amavuta yose wiboneye kuko ashobora gutera impumuro mbi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Umukino Amavubi yagombaga kwakira Bénin ntukibereye i Huye – Bitegetswe na CAF

Basore ntimukigire injiji: Dore amagambo 40 yuju uburyohe wabyuka ubwira umukobwa akarushaho kukwimariramo