in

Mukobwa, ngibi ibintu bizakwereka ko umuhungu ashaka ko muryamana

Hari abahungu benshi batinya gusaba abakobwa ko baryamana, bene abo bakoresha uburyo bwo gukurura umukobwa bakisanga baryamanye. Muri iyi nkuru tugiye kukwereka ibintu umuhungu akora iyo ashaka kuryamana n’umukobwa.

Ashaka impamvu yo kugukoraho

Aha nubona umuhungu ukwikoreshaho bya hato na hato, uzagire amakenga kuko hari igihe aba agushaka.

Aba ashaka ko muganira ku ngingo z’ijyanye no kuryamana

Usanga akubaza niba ukiri isugi, yewe akakubwira kuntu ari impanzi. Aho aba ashaka kukumvisha uburyo mwese mutari mwabikora ko mwabikorera rimwe.

Iyo muri kumwe ntakujya kure

Iyo muri kumwe ashaka uburyo yakwegera cyane ndetse akazajya anyuzamo akanagukoraho bya hato na hato.

Si ibyo gusa umuhungu akora kuko iyo agushaka mu gitanda, asubiza ubutumwa bwawe, aragufuhira, agushukisha impano, aba ashaka ko muhurira ahantu muri mwenyine.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavangingo abagore bazana mu gihe cy’imibonano yaba aturuka he, ese atandukanira he n’inkari zisanzwe? 

Update: Liverpool agahinda kose yarimaranye iminsi igatuye Manchester united