in

Mukecuru ukuze kurusha abantu bose kw’isi yahawe impano yatangaje benshi kw’isabukuru ye (Amafoto)

Uyu mukecuru Kane Tanaka ni we muntu ukuze kurusha bandi ku isi nk’uko tubikesha Guiness World Records ikunda kwandika abantu baciye uduhigo dutandukanye hirya no hino ku Isi.

Ku munsi wo ku Cyumweru taliki 2 Mutarama nibwo Kane Tanaka yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 119 amaze abonye izuba.

Umuryango w’uyu mukecuru watangaje ko Tanaka yahawe amacupa y’ikinyobwa cya Coca-Cola nk’impano ku isabukuru ye y’amavuko ayihawe na Kompanyi ya Coca-cola. Amakuru avuga ko uyu mukecuru akunda iki kinyobwa cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso ndakuka bica amarenga ko umukobwa azavamo umugore mubi.

Umunyamideli ndetse n’umubyinnyi Da_black yahaye gasopo abakunda kumwita indaya !(videwo)