in

Mudugudu yariye amafaranga y’abaturage baramufata bamuzirika ku giti maze umudugudu wose uzana inkoni baramukubita [videwo]

Mudugudu yariye amafaranga y’abaturage baramufata bamuzirika ku giti maze umudugudu wose uzana inkoni baramukubita.

Nubwo mu Rwanda ingingo yo kwihanira yakuweho, muri Ghana ho ntabwo ari uko bimeze kuko bo kwihanira ni ibisanzwe.

Mu cyaro cyimwe cyo muri icyo gihugu, umuyobozi w’ icyaro (mudugudu) yakoresheje amafaranga y’abaturage mu nyungu ze bwite kandi yari agenewe inyungu rusange.

Mu kuyakoresha, abagenerwabikorwa (abaturage) baje kuyamubaza maze arayabura ni uko nabo bayoboka iyo kumuha isomo ryo kujya arya ibigabuye.

Aba baturage bamufashe maze bamuzirika ku giti batumatumanaho bazana ibiboke byo kumuha isomo.

Buri muturage yagiye amukubita uko ashoboye mu gihe mudugudu we yatakaga cyane asaba imbabazi.

VIDEWO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Byiringiro Lague uvuye i Burayi yahaye ikizere abanyarwanda abizeza ko bagiye kongera kubona intsinzi y’ikipe y’igihugu Amavubi

I Nyarugenge inzara yageze no mu makipe, undi mutoza yataye ikipe ariruka kubera inzara yavuzaga ubuhuha