in

Mu Rwanda: ukora uburaya yakomerekeje umusore bararanye akanga kumwishyura

Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’umukobwa ukora uburaya wateye icyuma umusore akamukoretsa nyuma yo kubura amafaranga 2000 bari bumvikanye.

Amakuru avuga ko aba bombi bari birirwanye ku munsi w’ejo tariki 3 Nyakanga 2022,ndetse ibi bikaba byabaye ku mugoroba wejo hashize.Igihe dukesha iyi nkuru ivuga ko nyuma yo kuryamana maze umusore akabura amafaranga ibihumbi 2 yagombaga kwishyura byarangiye uyu mukobwa ateye icyuma uyu musore.

Amakuru avuga ko byageze nijoro umusore avuga ko agiye gutaha, amwishyuje undi amubwira ko nta mafaranga afite.

Muri icyo gihe babanje gutongana cyane umukobwa yanga gukingura birangira barwanye amukomeretsa mu gahanga ndetse anamutera icyuma ku kuboko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo the queen akomeje gushinjwa gukoresha App yongera amataye

Ikimero n’uburanga bwa Oprah bikomeje kuvugisha ab’igitsina gabo