in

Ikimero n’uburanga bwa Oprah bikomeje kuvugisha ab’igitsina gabo

Irene uwoya wabyaranye na nyakwigendera katauti ndetse akaba ari mu bagore bafite izina muri Tanzania akomeje kuvugisha abatari bake.

Umwe mu bantu bari Dubai yavuze ko uyu mukinnyi wa filime wamamaye nka Oprah na we atungurwa n’uburyo abantu bamutangarira akaba igitaramo ku mbuga nkoranyambaga.

Oprah ari mu bakinnyi ba filime bafite igikundiro ndetse akunze kuvugwaho byinshi bitewe nibyo aba yakoze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: ukora uburaya yakomerekeje umusore bararanye akanga kumwishyura

Nyuma yo gusuzugurwa n’umugore we, umugabo yahise atwika inzu yabo