in

Mu Rwanda, hakorewe umupira wo gukina ‘Ballon’ ugurishwa arenga miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda

Ni inkuru ishimishije cyane, aho umupira wakorewe mu Rwanda wagurishijwe arenga gato miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.

Ikigo Women’s Opportunity Center kibarizwamo abagore n’abakobwa barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ni cyo cyakoze uyu mupira.

Ubwo muri Werurwe uyu mwaka, Perezida wa FIFA, Gianni Ifantino yayoboraga inama ya FIFA yabereye mu Rwanda, imbere ye hari umupira wo gukina.

Ubwo yafataga ijambo, Perezida wa FIFA yasabye abantu bari aho kugura uwo mupira ku giciro cya $1000 arenga gato miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda.

Uyu mupira waje kugurwa aho ari kimwe mu byateye imbaraga abakora iyo mipira bo mu kigo cya Women’s Opportunity Center.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku Isi hose niwe wabikoze: Lionel Messi yanditse amateka yatumye ibuhugu byose byo ku Isi n’abakinnyi bose muri rusange bahabwa umukoro 

Umukobwa aragisha inama nyuma yo  kwereka Ise umukwe, hanyuma Ise akamwaka akayabo k’inkwano ngo ni uko umukobwa yarangije kaminuza kandi umusore ari umuhinzi