in

Mu Rwanda: abagore bakoze ikofi bakomeje gutwara abagabo b’abandi

Hari abagore bo mu murenge wa Murundi, Akagari ka Buhabwa, mu Mudugudu wa Nyamiyaga bavuga ko abandi bagore babatwarira abagabo kubera ko babarusha amafaranga.

Mu kiganiro bagiranye na TV1 aba bagore bavuga ko abagabo babo bararurwa n’aba bagore bandi kuko ari bo babasengerera mu kabari bikarangira bigaruriye imitima yabo ingo za benshi zikahasenyukira.

Umwe muri aba bagore bo mu Mudugudu wa Nyamiyaga yavuze ko abagabo babo batwarirwa mu tubari.

Yagize ati “ajya mu kabari agahurirayo n’umugabo wanjye akamugurira inzoga bihigitse ahantu mu nguni urumva rero ko nawe atamucika bikarangira amutwaye gutyo.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda : Amazi ya Jibu yakundwaga n’abenshi yafatiwe ibihano bikarishye

Indege yari itwaye abagenzi 137 ikoze impanuka mbi cyane