in

Mu myambaro y’ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports; Dore amafoto y’abahungu ba Anita Pendo watangaje ko biteguye gusinyira imwe muri aya makipe

Anita Pendo yatangaje ko hagati y’ikipe ya APR FC cyangwase Kiyovu Sports, ifite gahunda muri izi zombi yaza gusinyisha abahungu be ngo kuko bafite inyitozo ihagije.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Anita Pendo yashyizeho amafoto y’abahungu be babiri bambaye imyambaro y’ikipe ya APR FC ndetse na Kiyovu Sports.

Maze ku ifoto aba bahungu be bambaye imyambaro y’ikipe ya Kiyovu Sports, Anita Pendo aherekezaho amagambo agira ati “Kiyovu Sports, muramutse muyafite hafi namwe twavugana da!”

 

Nanone kandi ku ifoto aba bana be bambaye imyambaro y’ikipe ya APR FC, Anita Pendo yagize ati “APR FC, mfite abakinnyi hano kandi umwitozo bakoze urahagije munyureho contract ni imyaka 2 gusa.” Aho hari ku ifoto bambaye imyenda y’iyi kipe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’imyaka 17 yazukiye mu buruhukiro habura amasaha mbarwa ngo ajyanwe gushyingurwa

EPL: Manchester United yashe Leicester City ikomeza kotsa igitutu Man City na Arsenal