in

Mu mufashe kwishima: Umuhanzi Kenny Sol ari kubyinira kuru koma nyuma y’uko Imana imukoreye ibintu bisa nk’ibitangaza mu buzima bwe 

Mu mufashe kwishima: Umuhanzi Kenny Sol ari kubyinira kuru koma nyuma y’uko Imana imukoreye ibintu bisa nk’ibitangaza mu buzima bwe.

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kenny Sol nyuma yo gukorana indirimbo n’umuhanzi Harmonize wo mu gihugu cya Tanzania ubu ari mu byishimo bidasanzwe nyuma y’uko iyi ndirimbo yujuje miliyoni y’abantu bayirebye kuri YouTube.

Kenny Sol yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yashimiye byimazeyo abantu bagize uruhare rukomeye kugira ngo iyi ndirimbo ye yise “One More Time” yuzuze miliyoni mu gihe cy’ibyumweru bitatu gusa ayishyize kuri YouTube.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe ikomeye hano mu Rwanda bamerewe nabi kugeza aho bigaragambya nubwo bamwe bishimiraga uko imeze

Manishimwe Djabel yabaye nk’umwenda waheze mu iduka wabuze umuguzi