in

“Mu maso y’uriya mubyeyi hari harimo ibiro ijana by’ubushake”! Indoro Uwase Kelia yarebanaga umugabo we Byiringiro Lague ku kibuga cy’indege ikomeje gusesengurwaho byinshi -REBA AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Ugushyingo 2023, Byiringiro Lague, Emmanuel Imanishimwe ‘Mangwende’ na Mugisha Bonheur bageze i Kigali, aho bitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi.

Aba bakinnyi bahise bafata imodoka berekeza mu Karere ka Huye aho basanze bagenzi babo bagezeyo muri iki gitondo.

Amavubi afite umukino na Zimbabwe kuri uyu wa gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi.

Gusa ubwo Byiringiro Lague yageraga ku kibuga cy’indege yaje kwakirwa n’umugore we ndetse n’umwana wabo.

Mu mafoto yafashwe hari ifoto igaragaza umugore wa Byiringiro Lague Ari kumureba mu maso byatumye benshi batangira kwivugira ibyabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Myugariro w’ikipe iherutse kwirukana umutoza mukuru, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we banyuranye imyaka 8

Prince Kid wagombaga kurara Mageragere ntabwo ateganya kujyayo ukundi