in

Mu mafoto: Junior Giti, Rocky, Chriss Eazy ndetse n’abandi benshi bagiye ku irimbi rya Rusororo ku gituro cya Yanga

Umunyabigwi mu gusobanura filime Ntusi Thomas uzwi ku mazina ya Yanga uherutse kwitaba Imana, umuvandimwe we Junior Giti ari kumwe n’abandi basobanuzi ndetse n’ibindi byamamare basuye igituro cye mu irimbi i Rusororo aho aruhukiye.

Uyu Yanga avukana na Junior Giti nawe usanzwe usabanura filime yajyanye n’abagize Giti Business Group ahagarariye harimo nka Chriss Eazy, Rufendeke, Dylan Kabaka ndetse na madamu wa Junior Giti.

Si abo gusa kubera ko abagize Rocky Entertainment ihagarariwe na Rocky Kimomo nabo bagiye yo, abari bariyo harimo Rocky, Kadafi, Savimvi ndetse na Kaboyi

Dore amafoto twabashije kubabonera agaragaza abagize Giti Business Group ndetse na Rocky Entertainment bari I Rusororo

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Théophile Gasigwa
Théophile Gasigwa
1 year ago

Ndizeranezacyaneko ubu wicaranye n’Imanadata watwese ariwe mukawera.natwe twasigaye ujyudusabira kuri data ngo natwe tuzabonekane Aho mu ijuru!

Umuvugabutumwa yakatiwe imyaka 8658 kubera abakobwa b’ibibuno binini bambaraga amakariso gusa

Harimo nupima metero zirenga ebyiri_ Abakinnyi bazaba basumba abandi mu gikombe cy’isi uyu mwaka