in

Mu mafoto atandukanye irebere uburanga bw’inkumi yatumye Jay Rwanda ata uwo yari yarambitse impeta akayisanga

Jay Rwanda uherutse kwambika impeta umukunzi we hashize imyaka ibiri ubu ari kuvugwa mu rukundo n’indi nkumi y’ikimero.

Umunyamideli Ntabanganyimana Jean de Dieu wamamaye nka Jay Rwanda muri Mutarama 2020 yari yambitse impeta ya fiançailles umukobwa wari umukunzi we yanirinze gutangaza amazina icyo gihe, ubu n’amafoto amwambika impeta yamaze no kuyasiba ku rukuta rwe rwa Instagram.

Mu gihe benshi bari bategereje ko ashobora gusohora impapuro z’ubutumire bw’ubukwe, yatunguranye yerekana indi nkumi baryohewe mu rukundo.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko wakwirinda imwe mundwara zikomeye zamenyo Yana kubuza kurya.

Umwogoshi yakoze agashya ku isi