Umunyamideli Kate Bashabe wamenyekanye mu bikorwa bitandukanye yakoreye hano mu Rwanda ndetse akaba ari mu bakobwa bafite izina rikomeye hanze aha.
Kate Bashabe ukomeje kugirira ibihe byiza mu burayi aho ari kubarizwa mu gihugu cy’ubufaransa mu mujyi w’i Paris.
Mu mafato yasangije abakunzi kuri instagram ye yatumye benshi banga guhisha amarangamutima yabo maze bamubwira ko ari mwiza.