in

Mu ijwi ryuzuye uburakari umuhanzi Okkama yiyamye abantu bose bavuga ko bamusumba cyakora yatangaje ibintu bisabwa kugira ngo ubyemererwe -AMASHUSHO

Mu ijwi ryuzuye uburakari umuhanzi Okkama yiyamye abantu bose bavuga ko bamusumba cyakora yatangaje ibintu bisabwa kugira ngo ubyemererwe.

Mu kiganiro umuhanzi ukunzwe na benshi hano mu Rwanda Okkama yagiranye na Murindahabi Irene kuri YouTube channel yatangaje ko adakunda abantu bamubwira ko ari mugufi cyakora yemeza ko umuntu umurusha amafaranga abimubwiye ntacyo byaba bitwaye.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wa Rayon Sport w’imyaka 20 yaburiwe irengero rye mu kibuga bigacyekwa ko yasezerewe igitaraganya

“Sinabana n’umugore utanyara ku buriri”  AMAG THE BLACK avuze ku bivugwa ko yatandukanye n’umugore we