in ,

“Mu gihe dutegereje umwataka se uwamutereka kuri point”: Perezida wa Ferwafa yaconze ruhago abakunzi b’umupira batangira kumusaba kwatakira Amavubi -AMASHUSHO

“Mu gihe dutegereje umwataka se uwamutereka kuri point”: Perezida wa Ferwafa yaconze ruhago abakunzi b’umupira batangira kumusaba kwatakira Amavubi.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Munyentwali Alphonse ari gukina amanota bimwe bizwi nka Jongles mu ndimi z’amahanga maze abarimo umunyamakuru Lorenzo Christian batangazwa n’uburyo yabikoraga neza cyane.

Amashusho ya Perezida wa Ferwafa yatumye bamwe mu bakunzi ba ruhago bemera ko azi guconga ruhago ahubwo anakwiriye kwatakira Amavubi:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunya-Gikondo ahora ayoboye: Byiringiro Lague ni we wari uyoboye bagenzi be mu Mavubi bari gukora urugendo rw’amaguru [AMAFOTO]

Umukinnyi wabanje mu kibuga mu Amavubi mu mukino uheruka akavugirizwa induru na benshi kubera nta kintu yakoze yongeye kurikoroza nyuma y’amakuru avuga ko azabanzamo ejo