in

‘Mu gakanzu keza gatukura n’ibirungo by’ubwiza’ Umuhanzi Bahati uherutse mu Rwanda kureba Bruce Melodie bakoranye indirimbo, yagaragaye yambaye imyenda y’abagore kandi ari umugabo ufite n’abana

‘Mu gakanzu keza gatukura n’ibirungo by’ubwiza’ Umuhanzi Bahati uherutse mu Rwanda kureba Bruce Melodie bakoranye indirimbo, yagaragaye yambaye imyenda y’abagore kandi ari umugabo ufite n’abana.

Kevin Bahati wo muri Kenya akomeje guhabwa urwamenyo hirya no hino nyuma yo kugaragara mu gakanzu gatukura.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram uyu mugabo yashyize hanze ifoto yambaye agakanzu kamwegereye gatukura ndetse n’iminwa yayigize imituku tuku, yambaye amaherena ibinigi mu ijosi ndetse afashe nagakapu ku kubikora tumwe dutwarwa tukagirwa ni gitsina gore.

Nyuma yo gusohora iyo foto yanditse ati:”Bagore, ni gutya umugabo yiyumva iyo umuhaye agakapu kawe ngo agutwaze.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Day ishobora kutagenda neza nyuma yaho ubuyobozi bw’iyi kipe buteguye ikintu kikaba gipfuye ku munota wa nyuma

‘Yabonye atari we uzahora agaramye mu kirambi wenyine yishumbusha mutembanshyunshyu’ Kumenyabose mu ikipe ya APR FC yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we wamuhase urukundo ruzira uburyarya (AMAFOTO)