in

Mu gakanzu kagufi kagaragaza ikimero, Kayumba Darina wabaye igisonga cya Muheto yiyerekanye bundi bushya (AMAFOTO)

Kayumba Darina wabaye igisonga cya Muheto yiyerekanye bundi bushya binyuze mu mafoto yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye.

Ni amafoto yasohoye yambaye ikanzu iri mu mabara y’umukara n’umweru aho yafatiwe ahantu hamwe.

Uyu mukobwa akaba yaramenyekanye ubwo yitabiraga irushanwa ry’ubwiza rizwi nka Miss Rwanda 2022 aho yagukanye ikamba ryo kuba igisonga.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndabona ku mutwe bitazoroha” Umuhanzi Chriss Eazy yagaragaye mu ishusho nshya yatumye abakunzi be bacika ururondogoro (amafoto)

Itako ryose hanze! Umugwizatunga Zari wahoze ari umugore wa Diamond Platinumz yagaragaye mu ikanzu igaragaza ikimero cye – VIDEWO