in

Mu gahinda ku maso: Umugore wa Yanga n’abana be nibo baherekeje umubiri we kugera mu Rwanda (Amafoto)

Muri iki gitondo nibwo umubiri wa Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga wageze i Kigali mu Rwanda nyuma yo kwitaba Imana muri Africa y’Epfo.

Mu baherekeje uyu mubiri kuva muri Africa y’Epfo kugera mu Rwanda harimo umugore we n’abana babo babiri.

Uyu muryango wa Yanga wabaga muri Africa y’Epfo aho umugore wa Yanga yakoraga ndetse akaba ari naho Yanga yitabiye Imana azize uburwayi.

Bageze mu Rwanda agahinda ari kose ku maso yaba ku bana cyangwa Mama wabo ndetse no kugera kuri Junior Giti wagiye kubakira ku kibuga cy’indege.

Amafoto:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzozi zabaye impamo: Wa mwana wakoze indege mu bikarito yageze mu yanyayo ku kibuga cy’indege i Kanombe (Videwo)

Ibyo bamwe batamenye ku burwayi n’urupfu rwa Yanga