in

Mu gahinda kenshi, ibyamamare bitandukanye byafashe mu mugongo Bruce Melodie wasezeye bwa nyuma kuri Nyirakuru – AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Mata 2023, nibwo umuhanzi Bruce Melodie yasezeye bwa nyuma Nyirakuru we witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 23 rishyira ku wa 24 Mata 2023, kugeza ubu ntabwo haramenyekana icyo uyu mubyeyi yari asigaranye.

Uyu mubyeyi yitabye Imana nyuma y’imyaka 11 Bruce Melodie apfushije nyina umubyara asigarana n’abavandimwe be batatu.

Bamwe mu byamamare bihanganishije uyu muhanzi barimo nka Kenny Sol, Junior Rumaga, Bob Pro, Miss Mutesi Jolly, Coach Gael, Producer Element, Dj Princessflor, Miss Uwase Hirwa Honorine n’abandi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dogiteri Nsabi, Killaman na Miss Nyambo baserukanye mu myambaro ibabereye – VIDEWO

Biratangaje: Hagaragaye umugore wa mbere muto ku Isi ufite umwuzukuru ku myaka 27 gusa y’amavuko