in

Mu gahinda gakomeye Wizkid yavuze ibintu bitari byiza biri ku mubaho nyuma yo gusezera bwanyuma umubyeyi we

Wizkid mu magambo akomeye yuzuye agahinda, yagize icyo avuga mw’ijoro ry’ikiriyo cya nyina umubyara uherutse kwitaba Imana.

Yagize ati:”sinshobora gukira ubu bubabare”

Mu ijoro ryatambutse uyu mubyeyi wa Wizkid yasezerwaga bwa nyuma, Wizkid mugambo ye yagize ati ” nkiri umuhungu muto Mama yarambwiye ngo nkomeze nkurikire inzozi zange kandi niyizereremo,naringeze aho nakwitaho kuri buri kimwe none uragiye nzagukumbura Mama”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kompanyi ya Betting ikomeye hano mu Rwanda igiye gusinyana amasezerano na League kugirango ijye ihemba umukinnyi n’umutoza w’ukwezi ibintu biba i Burayi cyane

Dore ibintu 4  binezeza abagabo ku mugore ariko badashobora kukubwira