in

Dore ibintu 4  binezeza abagabo ku mugore ariko badashobora kukubwira

Hari ibintu byinshi bishimisha abagabo ariko badashobora kwerura ngo babivuge, akenshi usanga ibyo bintu iyo umugore abikora umugabo arishima cyane nubwo atabyerura.

1.Gusa neza ku mugore: buri mugabo wese anezezwa no kubona umugore we asa neza, ndetse bakunda iyo mu rugo hasukuye n’abana basa neza.

2. Ibiryo biryoshye: Abagabo bakunda iyo abagore babo babatekera ibiryo biryoshye ndetse bituma bagira apeti bigatuma bagira n’umuhate wo gutanga iposho.

3. Abagabo bakunda gusangira n’abagore babo gusa ntibashobora kubivuga, iyo umugabo atashye agasanga umugore yamaze kurya, akenshi usanga nta apeti afite nkuko bisanzwe.

4. Guhabwa ibitekerezo: abagabo benshi bakunda ibitekerezo by’abagore babo ariko ntibakunze kubibabwira,, gusa hari ababyanga bitewe n’uburyo abagore babo babibahamo.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gahinda gakomeye Wizkid yavuze ibintu bitari byiza biri ku mubaho nyuma yo gusezera bwanyuma umubyeyi we

Mvuyekure Emmanuel wakubise umupira umusifuzi agahabwa ikarita itukura akoze igikorwa cyashimishije abakunzi ba Rayon Sport ndetse n’abakunzi ba ruhago muri rusange