in

“Mu bwenge undusha wongeremo kwirinda kuntuka kuko byo ntibyaguhira” Mutesi Scovia yiyamye umugabo wavuze ko yandika ibintu by’ubucucu nyuma yo kugira icyo avuga ku mwana wimwe umwanya we mu irerero rya Bayern Munich

“Mu bwenge undusha wongeremo kwirinda kuntuka kuko byo ntibyaguhira” Mutesi Scovia yiyamye umugabo wavuze ko yandika ibintu by’ubucucu nyuma yo kugira icyo avuga ku mwana wimwe umwanya we mu irerero rya Bayern Munich.

Ku rubuga rwa X yahoze yitwa Twitter, Mutesi Scovia yateranye amagambo n’umugabo wamubwiye ko yandika ibintu by’ubucucu.

Uwitwa Dieg Arthur kuri urwo rubuga yatatse Scovia mu magambo nyuma yo kubona Scovia agira inama Umusaza wari waje guharanira uburenganzira bw’umwana wa watsindiye kujya mu irerero rya Bayern Munich, gusa akangirwa kujyayo.

Uko byari bimeze

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Irerero rya PSG mu Rwanda ryongeye gutanga amahirwe ku bana b’abakobwa n’abahungu bafite Impano yo guconga ruhago

Musanze FC yahise ishyiramo ikinyuranyo hagati yayo na APR FC! Uko urukundo rwa shampiyona ruhagaze ku munsi wa 6 w’imikino