in

Mu buryo bukomeye Shaddy Boo yishongoye ku bantu gusa yarahasize agatwe kubera imijugujugu yatewe

Mu buryo bukomeye Shaddy Boo yishongoye ku bantu gusa yarahasize agatwe kubera imijugujugu yatewe

 

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo abinyujije kuri Twitter ye ikurikirwa n’abantu barenga ibihumbi 182 yanyujijeho ubutumwa bukubiyemo kwirata ubwo yahamyaga ko ibintu byose akeneye mu buzima bwe abifite.

Mu butumwa yatambukije yagize ati” nditonda, ndimwiza, mfite amafaranga, mfite umuryango mwiza, so what else”

Akimara kwandika ibi hahise hisukiranya ibitekerezo bya benshi ndetse  ntibatinye kumwita umwishongozi.

Dore bimwe mu bitekezo by’abamukurikirana bamugeneye nyuma yo gutangaza ko byose akeneye abifite.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: Barindwi bafunzwe nyuma yaho bafashe umugabo bakamutema nkabatema ibigori

Nyabugogo imodoka 4 zafashwe n’inkongi y’umuriro maze imwe murizo irashya irakongoka