in

#MissRwanda2022: Abakobwa 29 batarimo Fofo wo muri Papa Sava nibo bagomba guhagararira umugi wa Kigali

Wari umunsi wa nyuma wo gutoranya abakobwa bazavamo uzegukana ikamba rya Miss Rwanda 2022 wasojwe uyu munsi hashakwa abazahagararira Umujyi wa Kigali aho abakobwa 29 ari bo babonye itara ry’icyatsi.

Nyuma y’uko abagize itsinda ritegura irushanwa ry’ubwiza rya Nyampinga w’u Rwanda (Miss Rwanda) bazengurutse Intara zose bashaka abakobwa bazitabira iri rushwanwa, uyu munsi hari hatahiwe Umujyi wa Kigali.

Ni igikorwa cyitabiriwe n’umubare munini aho muri rusange abakobwa bose bari 190 ariko 29 barimo na Ingabire Gaudance ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga wavuze ko afite umushinga wo kuvugira abafite ikibazo nk’ike.

Abo nibo bakobwa bahagaraririye Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022:

Ruzindana Kelia [Nimero 69]
Isimbi Habiba [Nimero 10]
Dushime Ingrese Clara Nimero 68]
Kundwa Brandine Dusabemungu [Nimero 108]
Marlene Uwimana [Nimero 66]
Mizero Rarfine [Nimero 115]
Gatesi Renita [Nimero 62]
Bahenda Umurerwa Arlette Amanda [111] Mugiraneza Benitha [Nimero 55]
Mahoro Mukundwa Annet [Nimero 99] Uwikuzo Marie Magnificat [Nimero 97]
Umutoniwase Fredda [Nimero 47]
Mutabazi Isingizwe Sabine [Nimero 31]
Saro Amanda [Nimero 38]
Utuje Nice Kellia [Nimero 84]
Kayumba Darina [Nimero 36]
Uwimanzi Vanessa [Nimero 81]
Ingabire Gaudence Pamela [Nimero 8] Byiringiro Sandrine [Nimero 72]
Ishimwe Stacy Agray [Nimero 9]
Bahali Ruth [Nimero 78]
Isaro Marie Kelia [Nimero 19]
Uwagaga Aslah [Nimero 73]
Iradukunda Christan [Nimero 35]
Umutesiwase Roudwa [Nimero 21]
Uwase Rugamba Glona [Nimero 25] Munganyinka Jessica [Nimero 80]
Kalila Leila Franca [Nimero 32]
Urusaro Kabagamba Lisa [Nimero 23]
Ineza Keissa [Nimero 24]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda! Mu Rwanda umuryango w’umugore n’abana be batatu bibera mu gihuru. Video

Muri Swaziland umwami yategetse ko buri mugabo agomba gushaka abagore batanu yabyanga agafungwa