in

Miss Uwase Muyango mu magambo y’urukundo yifurije Kimenyi Vyes umugabo we umunsi mukuru w’amavuko.

Miss Uwase Muyango mu magambo y’urukundo yifurije umugabo we Kimenyi Vyes umunsi mukuru w’amavuko ndetse anamusezeranya ko azamukunda kugeza kw’iherezo.

Abicishije ku rubuga rwe rwa Instagram rukurikirwa n’abantu ibihumbi maganatatu mirongo ine na barindwi Miss Uwase Muyango yagize ati:<Ni umunsi mukuru w’amavuko wa papa wanjye wa kabiri Vyes wanjye warakoze kubwa burikimwe nkeneye muri iyi si ndahiriye ibyiza byawe warakoze kubwa Miguel, warakoze kubwa burikimwe mukunzi wanjye.Warakoze kuza mu buzima bwanjye ndagukunda cyane ntago wabyumva.Ubu buzima numva ari nka paradizo hamwe na we n’umuhungu wacu warakoze kubwa burikimwe ukora kubwacu turagukunda cyane.Iyi myaka ine ishize narishimye buri mwanya ndi inshuti yawe nyanshuti sinabona indi unyumva nkawe no mu makosa yanjye ugumana nanjye ndagusezeranya kugukunda ubuziraherezo kuko nisezerano ukwiye burikimwe kiza muri ubu buzima kubwineza yawe no kubw’ubuzima bwiza turikumwe indi myaka myinshi yo kwishimana nshuti ndagukunda kandi simbyicuza ndanezerewe cyane mugihe ndi kwandika ibi.Ndagukunda cyane Vyes wanjye isabukuru nziza y’amavuko Imana iguhe ibyiza gusa kuko nibyo ukwiye ndagukunda cyane.Imana nimba itanga umugisha nukuri ikugirire neza sheri wanjye>.ayo ni amagambo Uwase Muyango yandikiye umugabo we umwifuriza umunsi mukuru w’amavuko.Ifoto Uwase Muyango yashyizeho yifuriza Kimenyi Vyes umunsi mukuru w'amavuko.

Kimenyi Vyes na Uwase Muyango bafitanye umwana umwe w’umuhungu bise Miguel nawe bakunze kumugaragaza cyane kurubuga rwa Instagram dore nawe ubu nawe bamufunguriye Instagram ye.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi ku bakunzi ba King James n’umuziki we

“Nta mugabo uba ukurimo” Manishimwe Djabel yasubije umutoza Adil Mohamed ukomeje kuvuga ko atsindisha APR FC