in

“Miss Umunyana Shanitah we yabonye ubutabera? Cyangwa ubutabera bukwiye abahohotewe n’Abagabo gusa? Umunyamakuru DC Clement yazuye akaboze kuri Mutesi Jolly amwibutsa ko na we hari umwali yariye imodoka

“Miss Umunyana Shanitah we yabonye ubutabera? Cyangwa ubutabera bukwiye abahohotewe n’Abagabo gusa? Umunyamakuru DC Clement yazuye akaboze kuri Mutesi Jolly amwibutsa ko na we hari umwali yariye imodoka.

Mu gitondo nibwo Jolly yasohoye ubutumwa buvuganira abakobwa bahohotewe.

Nyuma y’ubwo butumwa, umunyamakuru DC Clement yaje kumwibutsa ko Miss Umunyana Shanitah atahawe ubutabera.

DC Clement yagize ati: “Aha ndemeranywa nawe! Abana babakobwa bagomba kuvuganirwa ndetse cyane! Ariko se watubwira Miss Umunyana Shanitah we yarabonye UBUTABERA? Imodoka n’Amafr yatsindiye muti Miss EastAfrica wateguye kuki atabihabwa? Cg Ubutabera bukwiye abahohotewe n’Abagabo gusa?”

Umunyana Shanitah ni we watsindiye ikamba rya Miss East Africa ryategurwaga na Miss Mutesi Jolly.

Bivugwa ko Shanitah atigeze ahabwo ibihembo yatsindiye muri iryo rushanwa akaba ari nayo mpamvu DC Clement yaje kubimwibutsa kuri X.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa RIB yasubije uwabajije uko wabyitwaramo igihe uru rwego ruguhamagaje maze ukabura itike ukujyana kwitaba

Mutesi Jolly ari guhatwa ibibazo nk’uri mu rukiko! Ameza y’ibibazo benshi bayerekeje kuri Mutesi Jolly kubera kuvuga ko ari gushaka ubutabera ku bakobwa kandi hari umukobwa wibwe imodoka yari yatsindiye mu irushanwa yateguye