in

Miss Teta Sandra agiye gusubira muri Uganda

Umunyarwandakazi Miss Sandra Teta yatangaje ko mu cyumweru gitaha azaba ari mu gihugu cya Uganda.

Uyu mugore waherukaga muri iki gihugu , ubwo yavagayo ashwanye n’umugabo we Weasel yatangaje ko azasubira muri iki gihugu tariki 14 Ukuboza 2022. Gusubira muri Uganda kwa Teta Sandra byazamuye impaka mu bafana be bibaza niba yafashe umwanzuro wo gusubirana na Weasel cyangwa niba azagerayo akagaruka mu Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza:Hari umugabo wakubiswe kugeza apfuye umurambo we ujugunywa mu bisambu

Kuri wowe unuka ibirenge abantu bakakwinuba dore ibyo ukwiye gukora ugaca ukubiri n’umunuko uturuka mu birenge